News

Ubushinjacyaha bwihariye bw’u Bufaransa bushinzwe kurwanya ibyaha by’iterabwoba, bwatangaje ko bwamaze gutanga ubujurire bwabwo ku cyemezo giherutse gufatwa n’umucamanza ku rwego rw’iperereza mu ...
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene, mu biganiro bitegura abagororwa bahamijwe icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi barangije ibihano ubu bakaba ...
Ikigo ‘BK Group Plc’ cyatangaje ko cyungutse arenga miliyari 25 RWF, mu gihebwe cya 1 cy’uyu mwaka wa 2025. Umutungo rusange w’iki kigo nawo wiyongereyeho 3.3%, ugera kuri miliyari zirenga 2,605 RWF.
Imikino izakomeza ku wa Gatandatu, aho Nairobi City Thunder izakina na MBB-South Africa, mu gihe APR BBC izakina na Al Ahli ...
Umuhanzi w'icyamamare muri Afurika y'Iburasirazuba, Joseph Mayanja wamamaye nka Dr Jose Chameleone, yageze mu Rwanda aho aje gutaramira abakunzi b’umuziki we n’Abanyarwanda muri rusange. Ni mu ...
Umuyobozi Mukuru wa QA Venue Solutions, ari nayo icunga inyubako ya BK Arena, Kyle Schofield, avuga ko binyuze mu bikorwa binyuranye iyi nyubako yakira, habashijwe guhangwa imirimo ibihumbi 16 ku ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Perezida Kagame yabonanye na Cheick Camara, Visi Perezida akaba n'Umuyobozi w'Ishami rya Afurika mu Kigo cy'Abanyamerika, Service Now, gitanga serivisi z'ikoranabuhanga. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, ...
Mu gihe 37.4% by’abatuye Intara y’Iburengerazuba bugarijwe n'ubukene, Ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurishamibare, NISR gisanga hakenewe kwongera imbaraga mu guhanga imirimo mishya mu rubyiruko, guteza ...
× We use Youtube API Services in our Privacy Policy page, by consuming this service, you agree with our privacy policy and terms of use ...
Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yakiriye inzandiko zemerera ba ambasaderi b’ibihugu 11 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda, bakaba biyemeje gukomeza gushimangira ibihugu baje guhagararira ...